Abasirikare 2 ba Afurica Y’Epfo bishwe na M23

Imodoka y’Ingabo za SADEC ziri muri Congo.

Mu itangazo ryasohoye n’igisirikare cya Africa y’Epfo rivuga ko abasirikare babo 2 ko bishwe na M23 abandi 20 bagakomereka.

Inkuru twakuye ku rukuta rwa Twitter ya Dr.Dash, ivuga ko tariki 25.06.2024 abasirikare ba SADC bakomoka muri Africa Yepfo barifashe bashaka gutera ibirindiro bya ARC mbese M23 gusa basanga abahungu bo Muri M23 biteguye 20 ngo bakometeste? Oya! Ibi sibyo
Itangazo igisirikare cya Africa Yepfo cyasohoye uyumunsi cyavuze ko abasirikare ba Africa Yepfo 2 bishwe hakomereka 20!

Ibaze igisirikare cya leta iyo kivuze ko 20 bakomeretse ujye umenya ko bakubye abo 2 cyanwga 3. Bakabihisha munyungu z’igihugu.

Gusa iyi mibare batangaje siyo namba kuko aba officers bo muri Afrika Yepfo benshi bahasize ubuzima, muri brigade ya 46 ikorera muri Sake honyine haguye 8 abarenga 32 barakomereka bikomeye abandi 12 bakomereka byoroheje.

Dr.Dash akomeza agaragaza ko atari M23 yateye ibirindiro bya SADC ngo barase bombe bivugwa ko yarashwe na M23 ko SADC ariyo yarashwe nyuma yo gushaka gukora ambush kuri M23 igasanga ariyo mwami wa ambush ahantu hatandukanye.

Mu kinyarwanda bati:” Nta rutugu rukura ngo rusumbe ijosi” kandi umwami w’Inshyamba ni Umwe yitwa Intare kandi M23 izina nyaryo ryayo n’Intare za Sarambwe, South Africa rero yabonaga Intare kumwe iba yiryaniye ufunze ijosho bagirabgo irasinziriye birangira ikubwiswe ikibatsi batazi aho giturutse.

Dr.Dash akomeza agaragaza ko nyuma y’itangaza AFC/M23 bari bushyire hanze kwaribuze gusobanura uko iyo operation yakozwe.

  1. Source twitter ya Dr.Dash.