Amafoto y’Abakandida bahagarariye urubyiruko ndetse n’abadepite bigenga batanze kandidature zabo

Komisiyo y’igihugu y’Amatora NEC, ikomeje kwakira abakandida baza kwiyandikisha batanga kandidature zabo kugirango baziyamanaze mu matora y’Abadepite ateganyijwe kuzaba muri Nyakanga.

Kuri uyu munsi wa gatatu hakaba haje abakandida ku myanya y’urubyiruko ndetse no kubadepite bigenga.

Dore bamwe mu bakandida batanze kandidature zabo uyu munsi kuri Komisoyo y’amatora.

1. Musinguzi Frank wo mu karere ka Kicukiro wiyamamariza ku mwanya w’umudepite w’Igenga

2. Ndagiza Madina: Umukandida w’Igenga wo mu Majyaruguru wiyamamariza ku mwanya w’Abagore

3. Uwamwiza Caterine: Umukandida wo mu Karere ka Burera wiyamanariza ku mukandida wigenga ku mwanya w’Abagire.

4. Gatesi Mushimiyimana: Wo mu karere Kicukiro, mu murenge Gahanga, akaba ni umwarimu kuri GS Gahanga Umukandida ku mwanya w’Abagore

5. RUGIRA Homeinny Mirage: Wo mu karere ka Kicukiro..

6. Habineza Alexandre Wo mu karere ka Huye, Umurenge Mbazi, Akagari Kabuga, Umudugudu Gicubuka akaba n’ Umunyeshuri NUR, mu ishami rya Public Admin and Gouvernence.

7. Wiyamamariza ku mwanya w’Abagore waturutse mu karere ka Rusizi

8. Wo mu karere ka Kirehe

9.

10. Maniragaba Kalinganire Gaspard wo mu karere Gasabo, Umurenge Kimironko
Kagari ka Amariza, Umudugudu wa Bibare

11. Ndayisimiye Elyse wo mu karere ka Musanze, Umurenge Muhoza, Akagari ka Ruhengeri, Umudugudu wa Susa

12. Mukantwari Elysabeth

Uyu munsi abakandida biyandikishije muri Komisiyo y’Amatora NEC ni abo mu mutwe wa PDI bagera kuri 55( Abagore 23 naho Abagabo 32), Abakandida bigenga 3, Abakandida bahagarariye Abagore 17, naho Abahagararariye Urubyiruko 4.