Amafoto y’Igikorwa cyo kwa mamaza Dr Frank Habineza mu murenge wa Busoro

Ku munsi wa 6, wo kwa mamaza Dr.Frank Habineza, mu Karere ka Nyanza umurenge wa Busoro ni umuhango w’itabiriwe n’Abaturage benshi bo muri uwo murenge ndetse n’Abarwanashyaka b’iri shyaka.

Dore amwe mu mafoto yaranze icyo gikorwa.

Dr.Frank na Madame n’umunyabanga nshingwabikorwa w’ishyaka Hon Jean Claude.

Abaturage ba Busoro bakira Dr.Frank ageze ahabera igikorwa cyo ku mwamaza.

Dr.Frank Habineza ageza kubitabiriye igikorwa cyo ku mwamamaza imigabo n’imigambi ye.

Rukonda Alexis.