Amafoto yaranze igikorwa cyo kwa mamaza Dr Frank Habineza mu turere twa Gisagara na Ruhango

Ku munsi wa 6, wo kwa mamaza umu kandida w’Ishyaka Green Party Hon Dr.Frank Habineza wabereye mu turere twa Gisagara mu murenge wa Musha no mu karere ka Ruhango mu murenge wa Ruhango ni umuhango waranzwe n’ubwitabire bw’abaturage benshi ndetse bamwe bageze aho burira ibiti kugirango babashe ku mureba, hanitabazwa Police kugirango ibafasha gucunga umutekano

Dore amwe mu mafoto yo kwa mamaza Dr Frank Habineza 

 

Amafoto: Rukundo Alex