Idi Amin yaagushije indege ya gisirikare i Kanombe, abasirikare ba EX-FAR barahunga.

Umunsi Idi Amin agusha indege za gisirikare i Kanombe, abasirikare ba EX-FAR bagahunga.

mwarakuze, mwarashatse, mwarabyaye. Turababona mu gihugu cyiza buri muntu wese yifuza, turababona mu gihugu cyubashywe. [Mwabonye ukuntu Isi yose iza kunamira no kubaha Abanyarwanda.] Iyo tugira umuyobozi ujenjetse ntabwo kariya gaciro tuba tugafite. Ntabwo iki gihugu tuba tugifite gisa gitya, gikeye gitya.”

Kuva mu 1994 kugeza mu 2024, ubukungu bw’igihugu n’Abanyarwanda bwarazamutse cyane, ibikorwa remezo nk’imihanda myinshi yashyizwemo kaburimbo, uburezi, ubucuruzi, inganda n’ubwikorezi bitezwa imbere ndetse biha benshi imirimo ituma binjiza amafaranga.

Mu 1994 umuturage w’u Rwanda yinjizaga amadorali ya Amerika 111 ku mwaka ariko ubu ubu ageze ku 1040 $.

Banki y’Isi igaragaza ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu 1994 wari miliyoni 753,6$, mu gihe mu 2023 wageze kuri miliyari 11,91$. Ingengo y’imari y’u Rwanda y’umwaka wa 2023/2024 igera kuri miliyari 5.115,6 Frw.

 

Gen (Rtd) Ibingira Fred
Inkuru dukesha igihe ikomeza ivuga ko Rwanda Gen Ibingira yavuze ko  ubu rufite igitinyiro ku ruhando mpuzamahanga ku buryo nta muntu wahirahira aza no kuhatwara urukwavu rwahahungiye adasabye uruhushya