Mu gitondo cyo kuri uyu wa 4, taliki 23/05/2024, yatangiye kuburana n’u Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge. Ubushinjacyaha bukaba bwasabiye Barikana Eugène gufungwa imyaka ibiri nyuma…
komeza usome Barikana Eugène wahoze ari Umudepite yasabiwe gufungwa imyaka ibiriCategory: Politiki
Amafoto y’Abakandida bahagarariye urubyiruko ndetse n’abadepite bigenga batanze kandidature zabo
Komisiyo y’igihugu y’Amatora NEC, ikomeje kwakira abakandida baza kwiyandikisha batanga kandidature zabo kugirango baziyamanaze mu matora y’Abadepite ateganyijwe kuzaba muri Nyakanga. Kuri uyu munsi wa…
komeza usome Amafoto y’Abakandida bahagarariye urubyiruko ndetse n’abadepite bigenga batanze kandidature zaboNtabwo tuzongera kwiyamamariza mu mugongo w’abandi “Hon Amb. Fatou HARERIMANA”
Ku munsi wa gatatu Komisiyo y’Amatora yakira Kandidature z’abashaka kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida ndeste n’abadepite, kuri uyu munsi wa kabiri nibwo Ishyaka PDI ”…
komeza usome Ntabwo tuzongera kwiyamamariza mu mugongo w’abandi “Hon Amb. Fatou HARERIMANA”Umudepite umwe akwiriye guhagarariye abaturage ibihumbi 100
Hon Jean Claude NTEZIMANA (SG Green Party) Mugihe Komisiyo y’Amatora mu Rwanda (NEC) ikomeje kwakira amabaruwa y’abadepite bigenga ndeste n’abamashyaka atandukanye bashaka kuziyamamariza kuri uwo…
komeza usome Umudepite umwe akwiriye guhagarariye abaturage ibihumbi 100Nidutsinda Amatora tuzarwanya ubushomeri buri murubyiruko bugeze kuri 22%
Dr Frank Habineza Perezida wa Green Party matora ya 2017, nabwo Dr.Frank Habineza yari yiyamamarije uyu mwa agira amajwi 0.48%. Naho muri 2018 mu matora…
komeza usome Nidutsinda Amatora tuzarwanya ubushomeri buri murubyiruko bugeze kuri 22%Ntabwo tuzi icyaroze Abanye-Congo- Maj Gen Nyakarundi
Ntabwo tuzi icyaroze Abanye-Congo- Maj Gen Nyakarundi Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yagaragaje ko ashidikanya ku musaruro w’ibiganiro by’ubuhuza…
komeza usome Ntabwo tuzi icyaroze Abanye-Congo- Maj Gen NyakarundiRuhango: Bashyinguye umugabo hashize amasaha make bamubona ari muzima
Ruhango: Bashyinguye umugabo hashize amasaha make bamubona ari muzima Umugabo witwa Hakizimana Silas utuye mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango yatunguye benshi mu…
komeza usome Ruhango: Bashyinguye umugabo hashize amasaha make bamubona ari muzimaUwari umukire ukomeye mu Rwanda Majyambere Silas yatanze ubuhamya mu rubanza rwa “Bomboko”
Majyambere Silas yatanze ubuhamya mu rubanza rwa “Bomboko” Nkunduwimye Emmanuel bita Bomboko ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, mu gihugu cy’Ububiligi Majyambere Silas, umwe mu babaye abanyemari…
komeza usome Uwari umukire ukomeye mu Rwanda Majyambere Silas yatanze ubuhamya mu rubanza rwa “Bomboko”Ku rwibutso rwa Jenoside ntabwo ari aho kujya kwifatira ’selfie’ useka- Maj. Gen Nyakarundi
Ku rwibutso rwa Jenoside ntabwo ari aho kujya kwifatira ’selfie’ useka- Maj. Gen Nyakarundi Umuyobozi w’Ingabo zirwanira ku butaka akaba n’umwe mu ngabo zahagaritse Jenoside…
komeza usome Ku rwibutso rwa Jenoside ntabwo ari aho kujya kwifatira ’selfie’ useka- Maj. Gen NyakarundiIcyo Polisi Ivuga Kuri DPC SP Eugene ucyekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
ACP Rutikanga unuvugizi wa Police Nyuma y’amakuru yavugaga ko umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza witwa Superintendent of Police (SP) Eugene Musonera yafunzwe akekwaho…
komeza usome Icyo Polisi Ivuga Kuri DPC SP Eugene ucyekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994