Bicahaga yakatuwe gufungwa imyaka 15, umugore we akatirwa 10 Bicahaga yakatiwe imyaka 15 Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi ruri i Nyanza mu…
komeza usome Bicahaga wahunze kubera ibyaha yakatiwe gufungwa imyaka 15Category: Politiki
Nyamasheke: RIB yarokowe umugore wari umaze iminsi itanu (5) azirikiwe mu nzu n’umugabo we
RIB yarokoye umugore wari umaze iminsi 5 azikiwe munzu yabohewemo n’umugabo we Munyandekwe Elisha w’imyaka 47 yatawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaga RIB nyuma yo…
komeza usome Nyamasheke: RIB yarokowe umugore wari umaze iminsi itanu (5) azirikiwe mu nzu n’umugabo weGahunda ya Girinka inka 450,000 nizo zimaze gutangwa
Mu mwaka wa 2006 nibwo Perezida Paul Kagame yatangije gahunda ya Girinka Munyarwanda igamije ko buri rugo rw’umuturage utunzwe n’ubuhinzi cyangwa ubworozi rugira inka irukamirwa.…
komeza usome Gahunda ya Girinka inka 450,000 nizo zimaze gutangwaPaul Rusesabagina yasabiwe gukomanyirizwa muri Norvège
Ihuriro ry’Abanyarwanda baba muri Norvège n’umuryango Urukundo Foundation byasabye umuryango Oslo Freedom Forum uharanira ubwisanzure ko ritaha urubuga Rusesabagina Paul wigeze guhamywa ibyaha by’iterabwoba bikomoka…
komeza usome Paul Rusesabagina yasabiwe gukomanyirizwa muri NorvègeAmavu n’amavuko y’Izina INKOTANYI
Mu nyigisho zimaze igihe zitangwa n’inararibonye akaba n’umwe mubatangije cyangwa bashinze FPR akaba n’Inkotanyi nk’uru Mzeehe Tito RUTAREMARA ku rukuta rwe rwa Twitter asobanura amavu…
komeza usome Amavu n’amavuko y’Izina INKOTANYIAbakandida ku mwanya wa Perezida batanzwe n’amashyaka ni 2 naho abigenga ni 7
Perezida wa Komisiyo y’Amatora Madame Oda Gasinzigwa ukuriye Komisiyo y’Amatora mu Rwanda NEC atangaza ko igikorwa cyo kwakira kandidature ko cyagenze neza kuva ku munsi…
komeza usome Abakandida ku mwanya wa Perezida batanzwe n’amashyaka ni 2 naho abigenga ni 7Umuyobozi wa Group School Hope Rubavu akaba n’Umuhanzi w’Injyana ya Hip pop yatanze Kandidature ye
HABIMANA Thomas aka Thomson Umuyobozi w’Ishuri Group School Hope Eubavu, akaba n’ubuhanzi mu njyana ya Hip Hop bwana Habimana Thomas aka Thomson, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu…
komeza usome Umuyobozi wa Group School Hope Rubavu akaba n’Umuhanzi w’Injyana ya Hip pop yatanze Kandidature yeNta mukandida tuzatanga nta nuwo tuzashyigikira mu matora ya Perezida
Ishyaka Ps Imberakuri ryavuze ko ritazatanga Umukandi Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu kandi ko ntanuwo rizashyigikira Ishyaka PS Imberakuri ryatangaje ko ritazatanga Umukandida ku mwanya…
komeza usome Nta mukandida tuzatanga nta nuwo tuzashyigikira mu matora ya PerezidaAbagenda kuri Moto bagiye guhabwa kasike nshya
Kasike nshya zigiye guhabwa aba Matari n’abagenzi Nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo n’abafatanyabikorwa bayo ngo baba bagiye guha abamotari knshya bivugwa ko zujuje ubuziranenge.…
komeza usome Abagenda kuri Moto bagiye guhabwa kasike nshyaKwiyamariza nk’umukanidda w’igenga niyonzira yonyine yoroshye, izindi nzira zifunganyemo
Mutabazi Apollinaire, umuturage wo mu Karere ka Gasabo, mu murenge wa Kimironko atangaza ko kwiyamamaza uciye mu mashyaka ko bigifunze, ngo kuko bitoroshye nko kwiyamamaza…
komeza usome Kwiyamariza nk’umukanidda w’igenga niyonzira yonyine yoroshye, izindi nzira zifunganyemo